Umwuga wo kugenzura ibiciro mu bwubatsi watangiriye mu Gihugu cy’Ubwongereza mu mwaka w’1802 utangijwe n’abahanga mu by’ubwubatsi bahuye bwambere bagashyiraho uburyo buhuriweho bwo kubara ibikenewe ku mushinga w’ubwubatsi. Uyu mwuga wagiye waguka ukwira ku isi…
Posts Published by SYNDA LTD
Paul Edwards Farmer ni muntu ki?
Paul Edward Farmer yavutse ku wa 26 Ukwakira 1959 mu gace ka North Adams muri Leta ya Massachusetts muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Yari umuhanga mu by’indwara z’ibyorezo ndetse ari mu bashinze Partners in…
Sobanukirwa amateka ya pariki y’Igihugu y’ibirunga
Pariki y’Ibirunga Pariki y’Ibirunga y’u Rwanda ni Pariki iri mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Rwanda. Iyi Pariki ni nayo ibonekamo Ingagi zo mu misozi (cyangwa zo mu birunga). Yemejwe bwa mbere mu mwaka wa 1925. Muri…
Tumenye SYNDA Ltd
SYNDA Ltd ni sosiyete nyarwanda yashinzwe mu mwaka wa 2017 aho uwayishinze yayishinze afite intego yo kwimika ikoranabuhanga mu banyarwanda. Kuri ubu SYNDA Ltd ikora ibintubitandukanye birimo: Gukora imyenda mu budodo cyane cyane iy’abana ndetse…
MENYA UKO WATUMA BATERI YA TELEPHONE YAWE IMARA IGIHE IDAPFUYE
Hari abantu benshi bahuye n’ibibazo bitandukanye nko kwirukanwa ku kazi bakoraga kubera ko telefoni zabo zashizemo umuriro ntibitabe abakoresha babo. Hari kandi abantu benshi bashyira umuriro muri bateri za telefoni zabo buri joro mbere yo…